1 Mu muryango gwa Yese hazakomokamo agashami, mu mizi ye, hazamera ishami ryeye imbuto. 2 Umwuka gwuhoragaho azaba kuri we umwuka go kuja inama nimbaraga umwuka go kumenya uhoragaho no kumwubaha. 3 Azahumeka kwubaha uhoragaho ntabwo azaca imanza zibyo yeretswegusa. kandi ntabwo uzumva urwumwe. 4 Ahubwo aacira abakene imanza zitabera, n'abatindi bo kwisi batagira kivugira, azabacira, azabacira imanza zitabera. azakubitisha isi ijambo rye nkukoresheje ingejene. abanyabyaha azabicisha umuwuka gwo mu kanwa ke. 5 Gukiranuka kuzaba imukandara gwo gukenyeza, kandi kwizerwa bizaba, umushumi gwo murukenyerero rwe. 6 sega rizabana numwana wintama kandi ingwe izanyama hamwe numwana gwi hene; inyana nu mugunzu gwintare, ni kimasa cumushishe bizabana, kandi umwana mutoya niwe uzabiragira. 7 Inka ni dubu zizarishanya hamwe ibyana byazo bizaryama hamwe kandi intare izarisha ubwatsi nkinka. 8 Umwana wonkaga azakinira ku mwobo gwincira, numwana wincuke azashira ukuboko kwe ku buryamo bwincira. 9 Ibyo ntabwo bizaryana kandi ntabwobizonona, ku musozi gwanje gwera gwose, kuko isi izakwirwa no kumenya uhoragaho nkuko hasi yinyanja hazwi namazi gahatwikiriye. 10 Ugo musi , igitsina ca yesayi catatanye kizaba gihagaritswe no kubera amahanga ibondera, ico gitsina niwe amahanga gazahakwa ho, kandi ubuturo bwe buzagira icubahiro. 11 Ugo musi, Umwami Imana izarambura ukuboko ubwakabiri, igarure abantu bayo basigaye bacitse ku icumu, ibakura ashure na misiri ni patirosi ni kushi na Elamu, ni shirani ni Hamatino mu birwa byo mu nyanja. 12 Kandi azashingira amahanga ibendera, ateranye Abisiraeli batatanye, azateranyiriza hamwe Abayuda batatanye, abakure ku mpande inne zisi. 13 Ishari ryabe naryo rizashira; kandi abanzi be babaga muri Yuda bazaneshwa. Efraimu ntabwo azongera kugirira Yuda ishari. kandi niko na Bayuda batazongera kugirira Abefaimu nabi. 14 Bazaguruka bagwe ku bitugu byabafirisiti iburasirazuba baziyunga baje gupiya hamwe iburasirazuba. Edomu na Moabu nibo bazagwa mu maboko gabo, kandi abahungu ba Amoni, bazabayoboka babakorere. 15 Uhoragaho azakamya rwose, ikigobe cinyanja ya misiri, kandi azazamura ukuboko kwe ku ruzi urutere ikiyaga kitarabaho, arukubite rucikemo imigezi irindwi nuko abantu bambuke atavanyemo ibirato. 16 Kandi hazabaho ibarabara, ku bantu basigaye bacitse ku icumu i Ashuri, nkuryo abisiraeli babonye barikuzamuka bavuye misiri.