Isura 16

1 Sarai umugore wa Aburahamu ntibari babyarane ,kandi yar'afit'umuja w'Umunyegiputakazi witwaga Hagari. 2 Sarai abgira Aburahamuati:Dore Uwiteka yanyimy'urubyaro ;ndakwinginze ,gir'umuja wanjy'inshoreke ahari, nazaboner urubyaro kuriwe . Aburamu yamvira Sarai. 3 Nuko Aburamu amaz'imyaka cum'atuye mu gihugu cy'i Kanaani,Sarai,umugore we,ajyana Hagari Umunyegiputakazi umuja we . 4 Aryamana na Hagari,asam'inda:abonye yukw asam'inda ,bimusuzuguza nyirabuja. 5 Sarai abgira Aburamu ati:Guhemurwa kwanjye kube kuri wowe:ko nashyiz'umuja wanjye mu gituza cyawe,maz'abonye yukw asamy'inda,biramusuzuguza. 6 Aburamu asubiza Sarai ati:Dore,umuja wawe mwitegekere ,umugir'ukushatse kose.Sarai amugirira nabi,na w'aramuhunga. 7 Maraika w'Uwiteka amubonekerera mu butayu,ari hafi y'isoko ,yo mu nzir'ijy'i Shuri. 8 Aramubaz'ati :Hagari,muja wa Sarai,arava h'akajya he?Aramusubiz'ati:Mpunze mabuja Sarai. 9 Maraika w'Uwiteka aramubgir'ati:Subirayo kwa nyokobuja,wemer'iby'akugirira. 10 Maraika w'Uwiteka aronger'amubgir'ati:Nzagwiza cyan'urubyaro rwawe,rwe kubakira. 11 Maraikia w'Uwiteka aronger'amubgir'ati:Dore,uratwite ,uzabyar'umuhungu,uzamwita Ishimaeli.kuk'uwiteka yumvise kubabazwa kwawe. 12 Hagati y'abat'azamera k'imparage, aragir'undi muntu wes'umubisha we n'abandi bose bazamubir'umubisha wabo;azatur'imbere ya bene se bose. 13 Ahimb'Uwiteka wavuganye na w'izina,ati: Uri Mana ireba.Ati:mbes'Indeba nayiboneye na hano? 14 Ni cya cyatumwe rya riba ryitw'iriba rya Lahairoi;riri hagati y'i Kadeshi n'i Beredi 15 Aburamu abyarana na Hagari. Aburamu yit'umuhugu we,Hagari yabyaye,Ishimaeli. 16 Aburamu yar'amaze imyaka mirongwinani n'itandatu avutse,ubgo yabyaranaga na Hagari Ishimaeli.