Isura 12

1 Murico gihe, hazahaguruka Mikayeli, umushefu mukuru umutabazi wa bana b'ubwoko bwawe; kandi kizaba arigihe c'umubabaro; ntaho higeze kuba nkugwo kuva ho amahanga gabereyeho kugeza mw'ico gihe. muri co gihe abantu b'ubwoko bwawe bazasangwa ko banditswe mu gitabo bazakizwa. 2 Abenci bo mubaryamye mu vumbi ry'itaka bazakanguka bamwe kubw'ubuzima bw'Iteka ryose, n'abandi kubwo gukorwa n'isoni iteka ryose no gusuzugurgwa. 3 Abarabaye abanyabwenge bazaka nk'umwangaza gw'ijuru, n'abaza barigishije gukiranuka abantu benci, bazatanga umwangaza nk'inyenyeri imisi yose n'iteka ryose. 4 Wowe, Danyeli, agamagambo ugagire amabanga kandi ubumbe igitabo kugeza igihe c'umwisho. abenci rero bazagisoma, n'ubumenyi buzinyongera. 5 Nanje, Danyeli, ndareba, nukombona, abandi bagabo babiri bari bahagaze, umwe kuruhande rwo hirya y'uruzi. 6 Umwe muribo ubwira umugabo wambaye ibyumweru, waruhagaze hejuruy'amazi g'uruzi ngo: umwisho gw'ibyo bimenyetso guzaba ryari? 7 Maze nunva umugabo wambaye iby'umweru wari uhagaze hejuru yamazi g'uruzi; amanika ukuboko kwe kw'iburyo mw'ijuru n'ukwibumaso, arahira uhoraho iteka ryose ko kizaba mu gihe, ibihe n'inusu y'igihe n'uko ibyo bintu byose bizarangira ubwo imbaraga z'abantu batangaye zizaba zaramenagutse wose. 8 Ndunva, ariko ndasabanukitwa; ndagamba ngo: mutware wanje, inkurikizi y'ibyo bintu niyihe? 9 Arasubiza ngo: genda, Danyeli, ndagamba gazagirwa amabanga kandi gahishwe kugeza igihe c'umwisho. 10 Abenci bazatunganywa, bazabonezwa; ababi bazakora ibibi kandi nta numwe mu babi uzasobanukirwa, ariko abazagira ubwenge bazasobanukirwa. 11 Kuva igihe co igitambo c'igihe cose kizarangirira ho gashirusaho ikizira c'umurimbuzi, hazabaho imisi igihumbi na magana biri na mirongo cenda. 12 Hahirwa uzategereza, akageza ku misi igihumbi na maganatatu na mirongwi tatu n'itano. 13 Nawe, genda werekeze umwisho gwawe; uzaruhuka kandi uzaba uhagaraye ku murage gwawe ku mwisho gw'imisi.