Isura ye 11

1 Babere bagere Yerusalemu badere baheka bestfage na bethaniya mu musozi gwa mizeyituni Yesu agire tuma babiri babiri mwa banafunzi biwe. 2 Arabwire muksende mumingini yi tuyegerere mweba mweshanga chana cha punda hare kizirikire kitarichapandwa muriture ye na muzaye hare narindi. 3 Kira mundu webabaza nge punda yo amusungurirayo ki? Bakwirire ko data adutumire tuziture yo tuyimutwarire. 4 Bagenda neshanga ne punda iri niyizirikire ko muryango ho bari barikorera mukusanyo na bashaba yija baziturayo. 5 Na bandu baribahagarire ho bamubwira okora biki ko fungura punda iyi? 6 Abwirabo ngokwakori Yesu shatumabo bandu bamureka genda. 7 Abanafunzi babiri baribazanye punda kwa Yesu batandika myenda ruguru wayo ko gira ngo Yesu apande. 8 Bandu bengi bashe myenda mingi mo barabara na bandi ba shasha matabi go bachaga muma chwa gabo. 9 Abajaga mbere ziwe na baribamu yija, yija, yija mbe mwana wa Mungu ubarikiwe we utire ko zina dya data. 10 Ubarikiwe mufarme wa mehika kwa data Daudi yija yija womwi mbinguni. 11 Ho Yesu yitiraga ariko ataja mu hekaru arora kira kindu choshe kaha za bere zameyenera ate bethaniya haguma na banafunzi kumi na babiri. 12 Umusi gwa kurikiraga ho bura vaga bethaniya agira ntara. 13 Areba kiti kiterire niyifite matabi gakwirire areberaga hare agenderacho ahika haguma nacho abere mo kiti achanga ni ndakindu kirimo mo kiti ni kiyambere bibabi kusha kubera ndakindu cha tunda chari kirimo. 14 Abwire kiti ndamundu bahende rya kutunda uhende buta abanafunzi bayunva. 15 Baribayijire Yerusalemu, naye ayingira morusengero ne tangira ihira honje abaguzi nabarimwe gura morusengero abinduranga ameza ga bavinji bafaranga na debe za bariya bagiraga iguza inuma. 16 Atabwira namundu ngwafate kindu morwengero kyangashobora igurwa. 17 Ariyayigisize agamba, ndaho byaribyayanddikirwe, inju yari yikahamagarwa inju yabambuzi. 18 Bami bakuru na banditsi bayumva bira arigambire, nabo bashaka injira ye mwita ahorero bayubaha kubera bandu bengi baribayumirwe neyigiswa riwe. 19 Na kira musi mugoreba bava moruziziro. 20 Babere barimwegenda mokitondo, bareba kiti kyayumire igera nako miziyakyo. 21 Petro ayibuka ne gamba "Rahil Reba reba ekiti kyo wariwavumire kyameyuma." 22 Yesu asubizabo, mugire ikirezera mana. 23 Mukizere ambabwira rero kira wangabwira omusozi guno! Genda, uyokirekere wenyine mokivo. Niba ndana kibazo momutima gwawe ariko akizera ku kira agambire kibayuja, ni utyoko mana yibahenda ikora. 24 Kubere byo ambabwira, kira kindu kyo unahema ne baza kubera yeno, kizereko wamebona, nabyo bibaba byenyu. 25 Musigo mubahagarara ne senga, ukwirire ibabarira kirakyoshe kyofite mu kira woshe, igirango dada wenyu uri mwijuru akabababarira namwe byaha byenyu. 26 Ariko mutababarire, ariko nasato wenu uri mwijuru atikabababarire bwaha byenyu." 27 Baribayijire Yerusalemu tena, na banditsi, wabashaja baribayijire kwawe. 28 Bamubwira "Ku bushobozi ki ekora ebinduribi?" Naniude wakuha gabushobozi byekora bino? 29 Yesu abwirabo! Nebabaza kibazo kiguma. Nababubwira nangye nehabwira kubushobozi ki ndimwekora bindu bino? 30 None rubatizo rwa Yoane rwavaga imwijuru nangwa kubandu? Munzubize." 31 Babazikanya beo kibenyine bananirwa ne gamba. "Niba twegamba" Iva imwijuru, egamba kuberaki mutarimwakizerireye? 32 Ariko niba twegamba, iva kubandu, Baribayubahire bandu, kubera boshe waribamenyire ku Yohana arari nabii. 33 Niho baribamusubize Yesu ne gamba, "Ndaho tuyiji Yesu abwirabo," nangwa nangye ndibabwire niba ni nikubushobozi ki nangora ebindubibino.