1 Banyakyetu, mutakurikizaga ikizera rya Yesu kirisitu munya mbano , uta kundira bandu runaka . 2 Niba mundu runaka akayingira mu teraniro ryenyu, ameyambara ipete rya zahabu mwambaro mwija, kandi hashubeyingira mukene uyambere mwenda yitafurire. 3 tena mwa bwerekana kyubahiro kyane kuyo wa mbere, uyambele mwenda mwija na gamba, birutwa nawe iyikara hano heja , ariko mubwira wa mkene iwe haguruka ahaho kyangwa uyikare hoshi ya maguru gani. 4 Mutamu mutegeka mwenanyine? na niba abategetsi benyu bafite bitekerezo bibi? 5 Muyumve banya kyetu bongundire, ariko Mana ataria werondora mukene nangwa mukire , iba mukihirire mukizera kubera bwami bwagenere abamukundire. 6 Ariko mwasunzungwire bakene kandi batari bakire banababaza imwe aliko batari bakire banabakururana buchamanza. 7 Ariko batari bakire banatuka ezina ryija niniryo munahamagarwa? 8 Nebyo aringa mwayemeze kukuri kye kyami nga kuri byayandikirwa munyandiko, umukunde mugenzi wawe ngakuriukikundire, ni mwamekora byija. 9 Ariko niba amukikundira bwija bwa bandu, namukora kyaha, mwahana na mategeko kubera mwayichire mu tegeko. 10 Na kira woshe weyubahiriza itegeko ryoshe, akakichira mu nyuguta , ameba namecha mu tegeko ryoshe. 11 Kubera Mana agamba: utasambanaga , utayitaga, , kubera wameyita, amecha mutegeko rya Mana. 12 Kwibyo musimore ne yubaha, nga bari hofi kwihanwa na tegeko rya kuri. 13 Kubera ihanwa ribayija ninda mbabazi ku bera bategekire imbabazi, imbabazi zina ba iruguru ya kihano. 14 Hari mubabaro, munyakyetu, nga mundu agambire ngwafite kizerire ariko na kikorwa? ariko ekizera ryo ryangamuokoa? 15 Aringa munya kyetu wa murume kyangwa mukazi baburire mwenda kyangwa biryo bya burimusi. 16 Na muguma wenyu ababwira, mugende ku mahoro, muyote muriro kandi murye neja, ariko mwamerapa kyifuzo muhimu kya mubiri, iryo ryamekora ki? 17 Batyo batyo, ikizera kusha, nibaritafite kikorwa kyamepfa. 18 Rindira mundu runaka agambe, ufite kyizere, nanjye nvite kikorwa, umbwereke kyizere kyawe kitagira bikorwa byani. 19 Wangayemera ku hari Mana muguma, wekora neja, ariko mashetani gana yemera batyo ne titira. 20 muta shaka imenya, ikizera rizira kikorwa ndakyo rimalire. 21 atari isho wenyu Ibrahimu abarikiwe mu kikorwa , ahana mwana wiwe Isaka a muhana sadaka ? 22 Mwarebire ku ikizera riwe rya korire murimo na bikorwa biwe, na kubikorwa biwe, ne kizera riwe ryahikilire iyimera riwe. 23 Inyandiko zarizayenezwe ryagambirwe, Abrahamu arakizerire Mana , kandi agamba kuniyofite kuri, aho ahamagarwa kuni mwira wa Mana. 24 Mwareba ku biikorwa bya mundu binabarwa kuri, ni ndari kizera kusha . 25 Batyo batyo wa mukazi Rahabu musambanyi ar iabarirwe kuri ku bikorwa abere ayakira indumwa kandi atwarabo mu rindi Baraba? 26 Ninga kuri ,mubiri guzira mutima gunaba nigupfire, ne kizera batyo batyo rizera kikorwa niripfire.