2 Abikorinto 13

13 Intungane zo bose barikubaramutsa . 14 Ubuntu bw'Umwami Yesu Krisito , urukundo rw'Imana no kwerekwa n'umuka uboneye ubane namwe mwese . 1 Ndaje iwanyu ubwa gatatu . Ibibazo byose bizakirizwa mbere y'a magambo g'abavandimwe babiri cangwa batatu . 2 Igihe nari ndi iwanyu ubwa kabiri ,nagambye ko , naho ntariho none nongeye kubigamba mbere y'igihe ko abo babakoze ibyaha hambere kandi nabandi bose ko ,nimba ngarutse iwanyu ntawe nzababarira . 3 Kuko mushaka kumenya ko Kristo agambiragamo , we udafite intege nke imbere yanyu ariko akaba afite ingufu hagati yanyu . 4 Kuko yabambiwe afite ingufu nkeya , ariko buno ariho kubera ingufu z'Imana. Natwe rero tur'abanyantege nkeya muri we ariko tuzabaho nawe ku ngufu z'Imana kugira ngo tubakorere . 5 Mwicunguze rero kugira ngo mumenye koko nimba mwizeye , kandi mwigerageze mwewe nyine , ntaho muzi uko Kristo ari muri mwewe ? kiretse mubaye mudakwiriye. Kandi niringiye ko ,muzamenya ko twewe nta n'umwe utugayaga . 7 Ariko turigusenga Imana , kugira ngo hatagira ikibi mukora ariko tuboneke ngaho twemeye , ariko kugira ngo dukore ibiboneye kandi natwe tube ngaho tugawe . 8 Kuko nta ngufu dufite kurwanya ukuri , ingufu dufite ni z'ukuri . 9 Twishimaga igihe tubuze ingufu mwewe muzifite. Kandi turigusaba ko mwaba ababoneye rwose . 10 Nico gitumye mbandikiye ibi bintu ndi kure yanyu kugira ngo nimba ndi namwe ntaba narakoresheje ubushobozi ,nkurikije ubutware nahawe n'Imana kugira ngo mbubake aho kubasenya . 11 Ahasigaye , mwibere m'ubwishimo ,mube ababoneye , muhumurizane , mugire ibitekerezo bimwe , mubane m'umahoro , Imana y'urukundo , ni y'amahoro izabana na mwewe . 12 Muhoberane nk'intungane 13 Intungane zose zirikubaramutsa. 14 Ubuntu bw'Umwami Yesu Kristo, urukundo rw'Imana n' ubumwe bw'Umwuka guboneye bibane namwe mwese.