2 Abikorinto 13
13
Intungane zo bose barikubaramutsa .
14
Ubuntu bw'Umwami Yesu Krisito , urukundo rw'Imana no kwerekwa n'umuka uboneye ubane namwe mwese .
1
Ndaje iwanyu ubwa gatatu . Ibibazo byose bizakirizwa mbere y'a
magambo g'abavandimwe babiri cangwa batatu .
2
Igihe nari ndi iwanyu ubwa kabiri ,nagambye ko , naho ntariho none nongeye kubigamba mbere y'igihe ko abo babakoze ibyaha hambere kandi nabandi bose ko ,nimba ngarutse iwanyu ntawe nzababarira .
3
Kuko mushaka kumenya ko Kristo agambiragamo , we udafite intege nke imbere yanyu ariko akaba afite ingufu hagati yanyu .
4
Kuko yabambiwe afite ingufu nkeya , ariko buno ariho kubera ingufu z'Imana. Natwe rero tur'abanyantege nkeya muri we ariko tuzabaho nawe ku ngufu z'Imana kugira ngo tubakorere .
5
Mwicunguze rero kugira ngo mumenye koko nimba mwizeye , kandi mwigerageze mwewe nyine , ntaho muzi uko Kristo ari muri mwewe ? kiretse mubaye mudakwiriye. Kandi niringiye ko ,muzamenya ko twewe nta n'umwe utugayaga .
7
Ariko turigusenga Imana , kugira ngo hatagira ikibi mukora ariko tuboneke ngaho twemeye , ariko kugira ngo dukore ibiboneye kandi natwe tube ngaho tugawe .
8
Kuko nta ngufu dufite kurwanya ukuri , ingufu dufite ni z'ukuri .
9
Twishimaga igihe tubuze ingufu mwewe muzifite. Kandi turigusaba ko mwaba ababoneye rwose .
10
Nico gitumye mbandikiye ibi bintu ndi kure yanyu kugira ngo nimba ndi namwe ntaba narakoresheje ubushobozi ,nkurikije ubutware nahawe n'Imana kugira ngo mbubake aho kubasenya .
11
Ahasigaye , mwibere m'ubwishimo ,mube ababoneye , muhumurizane , mugire ibitekerezo bimwe , mubane m'umahoro , Imana y'urukundo , ni y'amahoro izabana na mwewe .
12
Muhoberane nk'intungane
13
Intungane zose zirikubaramutsa.
14
Ubuntu bw'Umwami Yesu Kristo, urukundo rw'Imana n' ubumwe bw'Umwuka guboneye bibane namwe mwese.